UEBR (UBUMWE BW'AMATORERO Y'ABABATISTA MU RWANDA)REGION Y'AMAGEPHOAKARERE KA NYARUGURUPARUWASE YA NYAMIRAMAUMUSHINGA RW0454 NYAMIRAMA E-mail: rw0454uebrnyamirama@gmail.comTel: 0785758229 / 0785757287 ITANGAZO RITANGA ISOKO Umushinga RW0454 Nyamirama uterwa inkunga na Compassion International Rwanda, uherereye mu karere ka Nyaruguru,umurenge wa Ngoma,akagali ka Nyamirama mu mudugudu wa Bihembe, urashaka gutanga amasoko 2 ariyo: 1. Kugura no kugemura ibiryo n’ibikoresho by’isuku by’abana barererwa 2. Kugura no kugemura inkweto z’abana 259 b’umushinga Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira: 1. Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa Paruwase 2. Facture proforma igaragaza ibiciro by’ibyo apiganira 3. Icyemezo...
UEBR (UBUMWE BW'AMATORERO Y'ABABATISTA MU RWANDA)REGION Y'AMAGEPHO AKARERE KA NYARUGURU PARUWASE YA NYAMIRAMA UMUSHINGA RW0454 NYAMIRAMA E-mail: rw0454uebrnyamirama@gmail.com Tel: 0785758229 / 0785757287
ITANGAZO RITANGA ISOKO Umushinga RW0454 Nyamirama uterwa inkunga na Compassion International Rwanda, uherereye mu karere ka Nyaruguru,umurenge wa Ngoma,akagali ka Nyamirama mu mudugudu wa Bihembe, urashaka gutanga amasoko 2 ariyo:
1. Kugura no kugemura ibiryo n’ibikoresho by’isuku by’abana barererwa
2. Kugura no kugemura inkweto z’abana 259 b’umushinga
Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira :
1. Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa Paruwase
2. Facture proforma igaragaza ibiciro by’ibyo apiganira
3. Icyemezo cy’ubucuruzi gitangwa na RDB kiriho ko akora iyo mirimo
4. Icyemezo kigaragaza ko nta mwenda abereyemo Leta gitangwa na RRA
5. Icyemeza cy’ubwiteganyirize gitangwa na RSSB
6. Icyemezo cy’uko yiyandikishije muri TVA
7. Kugaragaza facture ya EBM
8. Fotocopi y’indangamuntu
9. Kugaragaza ibyemezo by’abahantu hatatu yagemuye ibi bintu byavuzwe haruguru
Kugaragaza konti yakwishyurirwaho aramutse atsindiye isoko 11. Kuza yitwaje kashe
Uwumva yifuza gupigana asabwe kuza gutwara igitabo gikubiyemo amabwiriza n’ibisabwa byose k’umushinga RW0454 NYAMIRAMA yitwaje borderau yishyuriyeho amafaranga ibihumbi 10,000 frws adasubizwa kuri buri soko yapiganiye. Ayo mafaranga ashyirwa kuri konte no 4492679251 y’umushinga RW0454 NYAMIRAMA ibarizwa muri banki y’abaturage y’u Rwanda (BPR). Buri soko rifite DAO yaryo, upigana agomba kugaragaza borderau yaho yishyuriye icyo apiganira kuko buri soko ryishyurwa ukwaryo. Igihe cyo kuza gutwara DAO nuguhera taliki ya 05/08/2026 , kugeza kuwa 17/08/2026 , iri soko rizafungurwa mu ruhame taliki ya 18/8/2026 , saa tanu (11h00) za mu gitondo.
Bikorewe I Nyamirama kuwa 05/08/2026 Umushumba wa Paruwase ya UEBR Nyamirama
Pastor Tuyisenge Eliab
Read more