ITORERO ANGLICAN RY’U RWANDA (EAR)Diocese ya ButareEAR Paruwasi ya RambaIkanisa ya SakaraUmushinga RW0676 EAR Sakara ITANGAZO RYO GUPIGANIRA ISOKO RY’UMUSHINGA RW0676 EAR SAKARA Umushinga RW0676 EAR Sakara, ukorera mu Itorero Anglican ry’u Rwanda (EAR), Paruwasi ya Ramba, Ikanisa ya Sakara ku bufatanye na Compassion International, uramenyesha ba rwiyemezamirimo bose babyifuza kandi bujuje ibisabwa ko ushaka gutanga isoko rikurikira: Isoko ryo gutanga imboga, imbuto, amagi, imigati n’inkwi ku mushinga Abifuza gupiganira ayo masoko barasabwa kuza gufata ibitabo bikubiyemo amabwiriza y’isoko (Tender Documents) ku biro by’Umushinga RW0676 EAR Sakara mu masaha y’akazi guhera ku wa 06/08/2026. Kugira ngo umuntu ahabwe igitabo cy’amabwiriza y’isoko, agomba kuba yishyuye...