rdf

ITANGAZO KU BIFUZA KWINJIRA MU NGABO Z’ U RWANDA

Binyujijwe ku mbuga zayo, Rwanda Defence Force yatangaje ko hagiye gutangira igikorwa cyo kwakira abifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’abasirikare bato ndetse n’abagize Umutwe w’Inkeragutabara (Reserve Force).

Kwiyandikisha bizakorerwa ku rwego rw’uturere n’imirenge kuva tariki ya 23 Gicurasi kugeza tariki ya 01 Kamena 2026.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwibukije ko abatazabona umwanya wo kwiyandikisha mbere batazabuzwa kuza gukora ibizamini ku munsi wabyo.

Abifuza kwinjira muri RDF basabwe gukurikira amabwiriza yose azatangazwa no kwitwaza ibyangombwa bisabwa mu gihe cyo kwiyandikisha no gukora ibizamini.

KANDA HANO USOME ITANGAZO RYOSE

Visited 36 times, 36 visit(s) today