I. ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO.
Ubuyobozi bw’Itorero rya Angilikani mu Rwanda, Paruwase ya Gitarama, rifite umushinga RW0727 Siyoni uterwa inkunga na Compassion International buramenyesha ba Rwiyemezamirimo bafite ubushobozi kandi babyifuza bujuje ibisabwa ko rifuza gutanga isoko ryo kugemura ibiribwa byo gutekera abana kuwa gatandatu ndetse n’isoko ryo korora abana 241 Ingurube.
Abifuza gupiganwa basabwa kugura igitabo gikubiyemo amabwiriza y’ipiganwa kuri aya masoko ndetse kinagaragaza ibyo upiganwa agomba kuba yujuje akagihabwa amaze kwishyura Amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10,000Frw) kuri buri soko, kuri account y’Umushinga iri muri BK ifite No: 100000998677 yitwa RW0727 EAR SIYONI, uza gufata icyo gitabo witwaje iyo bordereau wishyuriyeho mu masaha y’akazi guhera tariki ya 24/03/2026 kugeza 09/04/2026.
Amabaruwa y’ipiganwa azakirirwa kandi anafungurwe mu ruhame kuwa 10/04/2026 saa Munani n’igice (14h30) ku biro by’umushinga. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara nimero zikurikira Tel: 0786511844 / 0788877476
N.B: Uwifuza gupiganira aya masoko uko ari 2 azishyura Dao 2.
Bikorewe i Siyoni kuwa 23/03/2026
Umuyobozi wa EAR Paruwasi ya Gitarama Rev. Paster MUTIMURA J. Berchimas
You might also like:
- Marketing & Communications Manager at Old Mutual Insurance Rwanda: (Deadline 22 March 2026)
- Research Coordinator at King Faisal Hospital Rwanda Foundation (KFHRF): (Deadline 19 March 2026)
- Senior Driver at FAO – Food and Agriculture Organization: (Deadline 20 April 2026)
- Toyota RAV4 – 2010 Automatic For Sale, Price: 15,000,000frw
- People & Culture Manager at Mantis Epic Hotel and Suites: (Deadline 19 April 2026)


