Itangazo Rigenewe Abifuza Kwinjira Muri Polisi Yu Rwanda IBIRO BYA KOMISERI USHINZWE ABAKOZI P.o.Box 6304 KIGALI www.police.gov.rw ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWINJIRA MURI POLISI Y'U RWANDA Polisi y'u Rwanda iramenyesha abantu bose bifuza kwinjira muri Polisi ku rwego rw'aba Ofisiye bato (Cadet ) ko bazatangira kwiyandikisha hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga (Online) guhera tariki ya 19/08 kugeza tariki 31/08/2026.  Rwandamarket research Ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira: Kuba ari umunyarwanda. Kuba afite imyaka iri hagati ya 18 na 25. Kuba afite impamyabumenyi yicyiciro cya kabiri cya kaminuza (AO) cyangwa afite ?cyiciro cya mbere cya kaminuza mu mashuri y imyuga n'ubumenyingiro (A1). Abize ibijyanye n'ibarurishamibare (Statistics), ubuvuzi (Medicine), ubuvuzi...