adepr

ITANGAZO RIHAMAGARIRA GUPIGANIRA ISOKO RYO KUGEMURA IBIKORESHO BY’ABABYINNYI (Deadline: 12/05/2026 Saa Tanu 11h00)

Pentecostal church of Rwanda-ADEPR Church

URUREMBO RW’AMAJYEPFO

 PAROISSE Y’ITORERO ADEPR MU KARERE KA NYARUGURU

RW0366 ADEPR KIBEHO

 ITANGAZO RIHAMAGARIRA GUPIGANIRA AMASOKO

Itorero rya Pentekote ry’u Rwanda – Itorero ADEPR ribinyujije muri Paruwase yaryo ya ADEPR mu karere ka Nyaruguru yo mu Rurembo rw’amajyepfo ikoreramo Umushinga RW0366 ADEPR KIBEHO, rirahamagarira ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babifitiye ubushobozi gupiganira Isoko ryo kugemura ibikoresho by’ababyinnyi ryari riteganijwe gufungura amabaruwa ku itariki 05/05/2026 ariko rikaba ryongerewe igihe, rikazafungurwa kuwa 12/05/2026.                                                          

Uwifuza gupiganira aya masoko yaza gufata igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa [DAO] ku biro by’Umushinga RW0366 ADEPR KIBEHO uri muri iyo Paruwase, yitwaje inyemezabwishyu (bordereau) igaragaza ko yishyuye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (FRW 10.000) ahwanye n’isoko rimwe (1) adasubizwa kuri konti N° 4411756161 y’Ururembo rw’AMAJYEPFO iri muri Bank y’abaturage y’urwanda (BPR) yitwa ADEPR SOUTHERN REGION

Uwifuza kubona igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa mu buryo bw’ikoranabuhanga agisaba Ubuyobozi bw’Umushinga RW0366 ADEPR KIBEHO akoresheje e-mail : rw366kibeho@gmail.com ,  akohereza ubusabe bwe buri hamwe n’inyemezabwishyu (bordereau) yemeza ko yishyuye ikiguzi cy’igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa, maze akabona kohererezwa icyo gitabo.

Inyandiko z’ipiganwa zizakirwa kandi zifungurirwe mu ruhame ku wa 12/5/2026 saa tanu (11h00) ku biro by’Umushinga RW 0366 ADEPR KIBEHO nyuma y’iyo saha nta zindi nyandiko zizakirwa.

Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara kuri Telefone

No: 0787932737

Bikorewe i Kibeho, ku wa 06/05/2026

Pasitori NSANZAMAHORO Fidele

Umushumba w’Itorero ADEPR Paruwase Nyaruguru

You might also like: